SANDRINE AHURA NA ESPERANCE UKORA AKAZI K'INZOZI ZE

Reba iyi videwo umenye uko yabigenje

Niba ufite inzozi zo kuzakora akazi runaka, ariko ukaba wibaza aho uzahera, kwegera umuntu ufite ubunararibonye cyangwa w’ikitegererezo muri ako kazi ukunda ni intambwe ya mbere yagufasha!

Ni Nyampinga yahuye na Sandrine w’imyaka 18 ukunda siyansi n’ikoranabuhanga. Sandrine yahisemo kumarana umunsi n’umugore ukora mu iteganyagihe kugira ngo amenye icyo byamusabye, ndetse anasobanukirwe akazi ke ka buri munsi mu by’iteganyagihe.

Kanda hano urebe uko Sandrine yavumbuye ibijyanye n’akazi k’inzozi ze Maze umufatireho urugero rwo gushaka umuntu ufite ubunararibonye wagufasha kugera ku nzozi zawe.

IMG-ARTICLE-SANDRINE-001.jpg

Share your feedback